Ntugihabwa intebe mubandi bagabo ngo mwungurane ibitecyerezo, ibyo uvuze ntagaciro bigihabwa muri rubanda, mbese murugaga rw’abitwa abagabo ntucyibarirwamo yemwe hariho nabasigaye bakwita Continue reading
rwanda
Kuri mukuru na murumuna wanjye,,
Ndakubona ntukirya ntukiryama, uricara ubunza imitima, mbese urahangayitse bikomeye! ntuhangayikishijwe n’amashuli yawe, ntuhangayikishijwe n’akazi wifuza kuzakora ndetse n’uko uzakageraho, ntarubyaro uhangayikiye kuko uracyari ingaragu, ahubwo uhangayikishijwe n’igituma Continue reading
Impamvu nkunda urupfu,,
Ntunyumve nabi sindukunda kuko rudutwara abacu dukunda, sindukunda kuko rudutera igikomere kizahoraho iteka, ahubwo ndukundira ko ruturinganiza!! Ese Continue reading
Ibanga ryanjye II,,,
Ako kanya ahita asohoka hanze n’imvura yari ikigwa azana inkoni ngirango ni imikino ati ryama vuba nti oya aba ankubise iya mbere, iya kabiri ,iya gatatu amarira aragwa, aba aransunitse ngwa ku buriri ati kuramo ijipo ndanga aba arayishishimuye ayivanyemo. Continue reading
Kubera ko ndi umukobwa…
Reka ntangire nkubwira ko uri umunyembaraga kandi ko uri intwali!! Umunsi kumunsi ugomba kurwana intambara yo kwerekana ko nawe ugomba icyubahiro kandi ko ushoboye gukora ibihambaye. Rimwe narimwe uzagera aho uterwa ipfunwe Continue reading
Kuncuti yanjye magara,,
Ntago nibuka neza umunsi twamenyaniyeho bwambere gusa icyo sicyo cyangombwa, icyingenzi ni uko twamenyanye. Imyaka yarahise indi irataha, gusa uwo namenyanye nawe mumyaka cumi n’indi itambutse aracyari wawundi, aracyari Continue reading
Umwiza ninde? umubi ninde?
Ntago narinziko kuba mwiza bisaba gushyirwa ku imetero bagapima uburebure bwanjye, sinarinziko kuba mwiza bisobanura kuba ntarengeje ibiro runaka! Harya urwo rugero fatizo Continue reading
Umunsi namenye mama II
Nanjye naramusubije nuko mubwira izina rya data niko kumbwirako baziranye kuva cyera kandi ko banakorana. Muri ako kanya yahise afata telephone ye numva ahamagaye umugore ariko aratujijisha avuga ikigande kugira ngo.wenda tutabyumva…yahise asohoka ikigo nuko aratubwira ngo araje.. Continue reading
Umunsi namenye mama I
Nanubu sindamenya nimba wari umunsi w’ ibyishimo cyangwa w’ akababaro, hari nubwo ntajya nemera ko byabayeho kugirango nirinde gutecyereza cyane ndetse no kwibaza ibibazo byinshi. Continue reading
Kuri mama na masenge,,
Harya ngo nimba Claire agiye gushyingirwa bivugako nanjye ngomba kumukurikira? Harya ningombwa ngo ujye uhora unyibutsa ko abo twakuranye bose abana babo bamaze kuba bakuru njye nkaba ngiye guhera Continue reading