Ntago nibuka neza umunsi twamenyaniyeho bwambere gusa icyo sicyo cyangombwa, icyingenzi ni uko twamenyanye. Imyaka yarahise indi irataha, gusa uwo namenyanye nawe mumyaka cumi n’indi itambutse aracyari wawundi, aracyari Continue reading
Month: February 2018
Kuri Anastasie Umutoniwase,,
Sinkuzi nawe nuko, sindi hano kumpamvu zo kwamamaza kuko burya buri rushanwa rigira ibisabwa rero uramutse ubyujuje ugatorwa nabyo byanshimisha, ahubwo icyinzinduye ni ukugushima ko uri umwe Continue reading
Umwiza ninde? umubi ninde?
Ntago narinziko kuba mwiza bisaba gushyirwa ku imetero bagapima uburebure bwanjye, sinarinziko kuba mwiza bisobanura kuba ntarengeje ibiro runaka! Harya urwo rugero fatizo Continue reading
Umunsi namenye mama II
Nanjye naramusubije nuko mubwira izina rya data niko kumbwirako baziranye kuva cyera kandi ko banakorana. Muri ako kanya yahise afata telephone ye numva ahamagaye umugore ariko aratujijisha avuga ikigande kugira ngo.wenda tutabyumva…yahise asohoka ikigo nuko aratubwira ngo araje.. Continue reading
Umunsi namenye mama I
Nanubu sindamenya nimba wari umunsi w’ ibyishimo cyangwa w’ akababaro, hari nubwo ntajya nemera ko byabayeho kugirango nirinde gutecyereza cyane ndetse no kwibaza ibibazo byinshi. Continue reading
Kuri mama na masenge,,
Harya ngo nimba Claire agiye gushyingirwa bivugako nanjye ngomba kumukurikira? Harya ningombwa ngo ujye uhora unyibutsa ko abo twakuranye bose abana babo bamaze kuba bakuru njye nkaba ngiye guhera Continue reading