Sindi hano kugucira urubanza kuko nanjye ndi umuntu nkaba nambaye umubiri nkuwawe, sindi hano kubwimpamvu zo gutegeka aho kwiye kujya nyuma y’ubu buzima kuko ntari Imana yakuremye, nkaba ntayitecyerereza, Continue reading
Suko zubakwa,,
Aho uvuka bakubwiyeko ntacyigomba kubera iwawe cyigomba gusohoka hanze kabone niyo waba ufashwe bunyamaswa. Bagutoje guseka kandi imbere uri gushira , bagutoje guhoza abandi kandi wowe agahinda kenda kuguturitsa umutima, ngo shenge nuko zubakwa!. Continue reading
Uri mwiza,
Ku bwanjye mbyiruka nibonaga nk’umwana usanzwe, meze nk’abandi bose kugeza ku myaka cumi n’umwe aho umubiri wanjye watangiye guhinduka nk’uko biba kuri buri bana b’abakobwa ndetse n’ab’abahungu bageze kuri iyo myaka. Napfunduye amabere Continue reading
Kubera ko ndi Umukobwa,,
Ngo ntamukobwa uvugira hejuru, yewe niyo waba usanzwe ufite ijwi riranguruye ugomba gushaka uburyo uvugira hasi ngo utazajya ukanga abasore. Ngo ntamukobwa wo kwitabara, nihagira uguhemukira uziturize shenge , nihagira ugukubita uzatege n’irindi tama nubishobora uryumeho nuba icyigwari urire ngo batazavuga ko uri igishegabo. Niba utemera ibyo abandi bemera cyangwa ukaba utsimbaraye kubyo ubona ari ngombwa kuri wowe, uzatuma abantu bagutinya ntiwemerewe kugira uwo uburanya byose ugomba kwicyiriza. Ngo ntamukobwa ugomba kuvuga ibitagenze neza kuko uzitwa umwasama cyangwa ngo avuge aho yakoserejwe kugira ngo atazitwa umunyamahane. Umukobwa ni uhorana akanyamuneza, asekera buri wese, icyo umusabye cyose agatanga ntamananiza kabone niyo yaba ababaye ntagomba kubyerekana kuko abasore bakunda abinseko iseretse mbese muri macye ugomba kwiga kuba ikindi kiremwa kuko umuntu adashobora kumera gutya. Gusa icyimbabaza nuko ntamuhungu ndumva ubwirwa ibyo byose arinayo mpamvu ihorererwa ridukorwa ridateze kuzarangira.
Continue reading
Ni umuntu nkawe II,,
Turabahora uko batigize, turabahora uko batahisemo, turabahora ko ari abantu nkatwe ariko bakaba badasa ntatwe, bakaba batavuga indimi nyinshi nk’izo tuvuga, bakaba batambara ibihenze nk’ ibyacu , bakaba Continue reading
Nusubiza amaso inyuma,
Ni kenshi twanga kurekura ibyiruka bidusiga , ni kenshi dushaka ko byose bigenda uko tubyifuza, ni kenshi twumvako dufite ubushobozi bwo gutwara byose mumbaraga zacu Continue reading
Ineza yo yamenyekanye,,
Ese kucyi iyo neza itamenyekana mubandi, ese kucyi iyo neza itatangazwa mubandi? Kucyi twumvako ibibi bigomba guhabwa umwanya mumaso yacu naho ineza twagiriwe cyangwa twagiriye abandi igapfukiranwa? Continue reading
Iyo menya IV,,
Reka rero ijoro rimwe nzabe ndyamye nuko numve icyintu kiri kwigaranzura munda yanjye, iminsi ibiri yarashije burigihe bimbaho, namwe murabyumva ko ntacyindi nari gutecyeka uretse ko naba ndwaye amibe. Nyuma y’iyo minsi nibwo nahamagaye muganga Continue reading
Iyo menya III,,
Aho nabaga zari muri za nzu bita studio apartement/ Bachelor apartement hamwe winjira ubona ibiri munzu byose yaba igitanda uraraho, aho utecyera ndetse no muruganiniro muri make biba biri ahantu hamwe. Continue reading
Iyo menya II,,
Mubusanzwe amahasa yaho twembi twari turi yari atandukanye cyane noneho hiyongereyemo n’akazi byatangiye kungora gukomeza kuboneka igihe cyose yabaga ashaka kumvugisha. Mbere ntarabona akazi nabaga ndi murugo amasaha yose anshakira akabasha kumvugisha, ndetse naraniyemezaga Continue reading